
Menya Urwanda

Abarimo Kizito Mihigo, Vincent de Paul, Chorale le Bon Berger, The Bright Five Singers n’abandi bateguye igitaramo cyihariye cyo kwizihiza St Valentin.
Ntibisanzwe ko twumva kandi tukabona amatsinda n’abantu ku giti cyabo bangana batya bahuje amaboko ngo bataramire imbaga, by’umwihariko mu rwego
Ubuzima

Sobanukirwa n’ibyiza byo kumva umuziki birimo gukiza no kurinda indwara zinyuranye. Ntucikwe n’inkuru irambuye»»»
Muri rusange mu buzima bwa muntu uzasanga abenshi mu batuye Isi ikintu kibashimisha kurusha ibindi ari ukumva umuziki bakunda, kuko
Tubamenye

Nyuma y’imyaka 8, Umurerwa wapfakaye akiri umugeni, Imana yamushumbushije akora ubukwe bw’agatangaza. (Amafoto)
Ntibyoroshye gusobanura mateka y’ibyabaye kuri Umurerwa Olive, kuko inkuru ye ni ubuhamya bwagiye bukora ku mutima ya benshi ariko kandi ku
Kwamamaza

Ubushize Chorale de Kigali yakoze igitaramo Abaminisitiri bakura ingofero, none ngo kuri iyi nshuro ho si ingofero zizakurwa gusa. ( Amafoto)
Chorale de Kigali imaze kuba ubukombe mu kuririmba indirimbo zuje ubuhanga bunyura amatwi n’umutima, dore ko umwaka ushize bataramye abaminisitiri bagakura
Amadini n'Amatorero

Abapadiri basubije Pasiteri Rutayisire uherutse kuvuga ko yanze kuba «Padiri w’umutindi akajya aho barongora»
Nyuma y’aho Umushumba w’Itorero Angilikani muri Paruwasi ya Remera, Pasiteri Antoine Rutayisire, aherutse gutangaza ko yize mu iseminari nto ya Zaza
Ubukerarugendo

Ku nshuro ya 37 y’isabukuru y’amabonekerwa ya Kibeho Kiliziya Gatolika irizihiza ibi birori mu mwihariko udasanzwe.
Ku nshuro ya 37 i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, mu Ntara y’Amajyepfo hagiye kwizihirizwa isabukuru y’imyaka 37 y’amabonekerwa ya